4749116971349195 NAC NAC Rwanda <link rel="icon" type="image/png" href="assets/img/logo.png"> <link rel="apple-touch-icon" href="assets/img/logo.png">

DOT RWANDA yasuye ikigo cy'urubyiruko cya nyamagabe youth center

Uyumunsi twakiriye umushyitsi uvuye muri DOT Rwanda witwa Mukarukundo Adella, yaganirije urubyiruko Kandi asura nibikorwa bya Nyamagabe youth center. 

Intego nyamukuru yari  nugukora mobilization yo gushaka urubyiruko bazafatanya mu kwiga amasomo ajyanye na icungamutungo ndetse no gukora imishinga ibyara inyungu Kandi bagafasha abakora ubucuruzi bwabo kwamamaza ndetse no gukoresha ikoranabuhanga mu bucuruzi 

Rero yashishikarije abifuza kuba bakwitabira ayo masomo kuza kwiyandika hano mu ikigo ubundi bakazamenyeshwa igihe cyo gutangira ayo masomo kuko azajya atangirwa mu logo cy'urubyiruko cya nyamagabe.

Ikindi hasuwe na computers ndetse na workshop zizifashishwa mugutanga ayo masomo.

Nyamagabe youth center Empowering Youths for global opportunity 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *